Umukobwa w’ikizungerezi yakatiye abasore avuga uko yategereje kurongorwa na Papa Sava udafite gahunda

Umukobwa witwa gihozo wamamaye ku mbugankoranyambaga nka ‘Miss Independant’ yahaye gasopo abasore bakiba iwabo ku babyeyi babo avuga ko bafite ibitekerezo (mind) biri hasi avuga ko badashobora kumurongora, ndetse anahishura ko yategereje Papa Sava ngo bibanire none imyaka ye ihaba ikomeje kuzamuka.

Mu kiganiro uyu mukobwa w’uburanga yagiranye na YouTube channel yitwa Mie Empire yavuze ko akeneye umuhungu uza akamugira umugore ngo kuko  ubu yakabaye afite abana biga muri segonderi ariko yabuze uwo babyarana yifuza. Yagize ati: “Ntuzaze kundongora ufite mind iri hasi gutyo! Ukiba kwa nyoko na so, banza umenye ukuntu ubuzima bumeze utazaza kunteza umuruho”.

NIBA UKUNDA VIDEWO Z’ABAKUZE KANDA HANO UBONE NYINSHI

Uyu mukobwa akomeza avuga ko yakabaye abana na Papa Sava ariko ko nawe ntacyo yibwira. Ati: “Nka Papa Sava niwe muntu nari narabariye, none na we nta gahunda afite, none imyaka yanjye iri kugenda isatira iye. Ubuse turabigenza gute? Basi Papa Sava ngwino utware umuntu aha ngaha twigendere!” Ati: “Nandongore nitunge”.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *