Inda y’umuhanzikazi Sheebah Karungi ikomeje kuvugisha benshi mu gihe we ntacyo aratangaza [VIDEWO]

Umuhanzikazi Sheebah Karungi akomeje kugarukwaho na benshi mu bakurikira uruganda rw’imyidagaduro muri Uganda bagaruka ku miterere ye bavuga ko agaragara nk’utwite nubwo we nta kintu na kimwe arabivugaho.

Nyuma yo kugaragara mu gitaramo cya ’Blue3’, uyu muhanzi yongeye kugaragara mu gitaramo cyabereye i Masaka gusa benshi batunguwe n’imyambarire yaserukanye aho hari n’abadatinya kuvuga ko idakwiriye umugore utwite.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *