Umuhanzi Justin Beiber yahawe arenga Miliyari 13Frws kugira ngo aririmbe mu bukwe bw’Abahinde

Umuhanzi Justin Bieber yishyuwe arenga Miliyari 13Frw kugira ngo aririmbe mu birori bibanziriza ubukwe bwa Annat Ambani na Radhika Merchant.

Ubu bukwe buteganyijwe kuba kuva ku wa 12 Nyakanga kugeza ku wa 14 Nyakanga ariko ibirori byo kwitegura ubukwe byatangiye mu ntangiriro z’uyu mwaka bikaba bimaze kuririmbamo abahanzi bakomeye barimo Rihanna wishyuwe arenga Miliyari 9Rwf, Katy Perry, Justin Bieber ndetse n’abandi bahanzi benshi harimo n’abo mu Buhinde.

Abageni bitegura kurushinga batumiye ibyamamare

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *