Rutahizamu wa Rayon Sports y’abagore ari ku mugabane w’i Burayi aho ashobora kuzakorera nk’ibyo yakoreye i Kigali

Nibagwire Libellée ukina mu busatirizi bwa Rayon Sports Women Football Club, ashobora gukina ku mugabane w’i Burayi nyuma yo kwerekeza mu igeragezwa mu gihugu cya Portugal Nyuma y’igihe gito ageze muri Gikundiro, Nibagwire yahise yerekeza mu igeragezwa mu gihugu cya Portugal n’ubwo yaba we ndetse n’ikipe ye babigize ibanga. Bivugwa ko agiye kuhamara ibyumweru bigera kuri bitatu.

NIBA UKUNDA VIDEWO Z’ABAKUZE KANDA HANO UBONE NYINSHI

Amakuru yizewe avuga ko uyu mukinnyi ari gukora igeragezwa mu kipe ya FC Setúbal Football Club y’Abagore ikina mu Cyiciro cya Mbere. Nibagwire Libelléé ni umukinnyi w’ikipe y’Igihugu y’Abagore, ndetse ari mu beza bakina mu busatirizi muri shampiyona y’Abagore mu Rwanda.

Mu mikino yo kwishyura y’umwaka ushize w’imikino 2023-2024, ni bwo ikipe ya Rayon Sports Women Football Club yaguze abakinnyi muri AS Kigali WFC, barimo Kayitesi Alodie, Uwimbabazi Immaculée na Nibagwire Libellée wari kapiteni wa yo.

 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *