Abakunzi ba APR FC baraye mu kinyenga nyuma yo kumva ibyo ikipe yabo yakoreye Singida Black Stars muri Tanzaniya

Mu gihugu cya Tanzania ahari kubera imikino y’igikome cya CECAFA Kagame Cup 2024 uyu wa Kabiri taliki 9 Nyakanga 2024 nibwo amakipe nka APR FC ndetse na Singida Black Stars yakinnye umukino wayo wa mbere.

Ikipe ya APR FC ihagarariye u Rwanda mu mikino ya CECAFA Kagame Cup yatsinze ikipe ya Singida Black Stars igitego kimwe ku busa

Ni igitego cyatsinzwe na rutahizamu w’iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu ndetse ukomeye cyane Victor Mbaoma. Uyu mukino ukaba ari wo wa mbere ikipe ya APR FC ikinnye APR FC.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *