Nyuma yo gukurwa mu Iserukiramuco, Bruce Melodie yerekeje mu Bubiligi

Bruce Melodie yerekeje mu Bubiligi gukorerayo igitaramo na Dj Marnaud, nyuma y’uko akuwe mu Iserukiramuco riri kubera muri Suede.

Amakuru yizewe dufite avuga ko Bruce Melodie yari kujya muri Suede ku wa Gatatu mu rugendo rw’amasaha 11, ariko yabuze ‘Visa’ bituma abateguye ririya serukiramuco bamukura ku rutonde.

Iri serukiramuco ryatangiye kuwa Gatanu taliki 5 Nyakanga 2024 rirasozwa kuri uyu wa Gatandatu taliki 6 Nyakanga 2024, rihuje abahanzi bakomeye ku isi, barimo nka Ruger wo muri Nigeria, InnosB wo muri R.D.Congo, Fik Fameika wo muri Uganda n’abandi benshi.

NIBA UKUNDA VIDEWO Z’ABAKUZE KANDA HANO UBONE NYINSHI

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *