Amashusho y’umunyonzi wo mu Bufaransa aganira n’umunyonzi wo mu Rwanda mu rurimi rw’icyongereza akomeje guca ibintu [VIDEWO]

Umunyarwanda wese uba mu Gihugu cyangwa mu mahanga, yahamya ashize amanga ko uburezi bw’u Rwanda budaheza. Mu myaka 30 ishize Jenoside yakorewe Abatutsi ihagaritswe, imwe mu mpinduka ikomeye kandi igaragara, ni umubare munini w’Abanyarwanda bashoboye kwiga.

Ibi bigarazwa n’amashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga y’Umunyonzi aganira n’Umufaransa avuga Icyongereza ashize amanga.

https://www.instagram.com/reel/C6D-dzOMilZ/

 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *